Uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Barack Obama, yongeye gushyushya umuziki mpuzamahanga ubwo yasohoraga urutonde rwe rw’Indirimbo z’Umwaka, rumaze kumenyerwa n’abakunzi b’umuziki ku isi hose. Uru rutonde rugaragaza ukuntu umuziki wo muri Nigeria, by’umwihariko Afrobeats, ukomeje kuba imbarutso y’impinduka ku ruhando rw’umuziki w’isi.
Nyuma y’igihe ashyira imbaraga mu muziki wiganjemo indangagaciro z’Abanyarwanda n’umwihariko we mu ijwi n’ubutumwa, umuhanzi France Mpundu ari mu rugendo rwatangiye kugenda rumuhindurira icyerekezo mu ruhando rwa muzika ya Afurika, aho arimo kubaka imikoranire mishya n’inzu zitunganya umuziki ndetse n’abahanzi bakomeye muri Côte d’Ivoire.