Justin

2 Posts

This author has not added a biography yet.

Follow Me:
Burna Boy, Olamide na Seyi Vibez ku Rutonde rw’Indirimbo z’Umwaka rwa Barack Obama.
Imyidagaduro

Burna Boy, Olamide na Seyi Vibez ku Rutonde rw’Indirimbo z’Umwaka rwa Barack Obama.

Uwahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Barack Obama, yongeye gushyushya umuziki mpuzamahanga ubwo yasohoraga urutonde rwe rw’Indirimbo z’Umwaka, rumaze kumenyerwa n’abakunzi b’umuziki ku isi hose. Uru rutonde rugaragaza ukuntu umuziki wo muri Nigeria, by’umwihariko Afrobeats, ukomeje kuba imbarutso y’impinduka ku ruhando rw’umuziki w’isi.

France Mpundu arimo kwagura isoko rye rya muzika
Imyidagaduro

France Mpundu arimo kwagura isoko rye rya muzika

Nyuma y’igihe ashyira imbaraga mu muziki wiganjemo indangagaciro z’Abanyarwanda n’umwihariko we mu ijwi n’ubutumwa, umuhanzi France Mpundu ari mu rugendo rwatangiye kugenda rumuhindurira icyerekezo mu ruhando rwa muzika ya Afurika, aho arimo kubaka imikoranire mishya n’inzu zitunganya umuziki ndetse n’abahanzi bakomeye muri Côte d’Ivoire.