Ruben Amorim ari mu bihe byo kugena ejo hazaza h’akazi ke muri Manchester United, aho impinduka mu mikinire, igitutu cy’imikino ikomeye n’isoko ryo muri Mutarama bigiye gusobanura icyerekezo cye.
Rutahizamu w’Umunyasuwede Viktor Gyökeres ubu umaze kugira imyaka 27 yatangiye kotswa igitutu k'umusaruro we muri Arsenal nyuma yo kuyigeramo mu mpeshyi ishize avuye muri Sporting Lisbon ku mafaranga agera kuri £64 miliyoni, nk’umwe mu bakinnyi bahenze iyi kipe yaguze mu mateka yayo ya vuba.
Rayon Sports yongeye gufungura igitabo gishya mu mateka yayo nyuma yo kwakira umutoza w’umunyaburayi Bruno Ferry, uje gutoza iyi kipe ikunzwe n’abatari bake mu Rwanda no mu Karere.